Igiterane Rusange
Kamere y’Imana yawen’Ubuziraherezo
April 2022 general conference


Kamere y’Imana yawen’Ubuziraherezo

Mbatumiye ngo mushyire ubuzima bwanyu bukikizwe na Yesu Kristo kandi mwibuke ukuri k’umusingi ko mu insanganyamatsiko yo mu abangavu.

Nshuti Bashiki banjye, murakoze kuba muri hano Ni icyubahiro kuri njye kuba nitabiriye iri teraniro ry’abagore ry’Igiterane Rusange. Rimwe na rimwe nagize amahirwe nabashije kuza mu masomo y’ingimbi. Ariko reka mvuge ku bigaragara—Sindi muto, kandi sindi umugore! Nize, icyakora, ko numva meze neza nisamga kurushaho iyo nshoboye kuba nasubiramo insanganyamatsiko hamwe n’ingimi. Inyigisho zimbitse zigishwa mu nsangamatsiko y’ingimbi1 ni ingirakamaro ku ingimbi, ariko bishyirwa mu ngiro na bose, harimo natwe tutari ingimbi

Insanganyamatsiko y’igimbi itangira, “Ndi umukundwa w’umwana w’umukobwa wa Data wo mu ijuru, na kamere y’imana hamwe n’iherezo ry’iteka ryose.”2 Ibi bivuzwe kugizwe n’ukuri kw’ingenzi kune. Icyambere, uri umukundwa w’umwana w’umukobwa. Ntakintu wakora cyangwa ntugikore cyahindura ibyo. Imana iragukunda kuko uri roho y’umukobwa Wayo. Rimwe na rimwe dushobora kutumva urukundo Rwe, ariko ruhora ruhari. Urukundo rw’Imana ruratunganye.3 Ubushobozi bwacu bwo kurwumva urwo rukundo

Roho ikina uruhare rw’ifatizo mu gushyikirana natwe n’urukundo rw’Imana.4 Nyamara, kugira uruhare rwa roho mutagatifu bishobora kuba bipfukiranywe n’amarangamutima, nk’uburakari, urwango, … [cyangwa] ubwoba … nko kugerageza gutapfuna uburyohe bworohereye bw’umuzabibu igihe uri kurya urusenda rwa jalapenyo. … [Uburyohe bumwe] neza irusha indi imbaraga.”5 nanone, imyitwarire idutandukanya na Roho Mutagatifu, harimo icyaha,6 bigatuma tutuabasha kubona urukundo rw’Imana kuri twe.

Mu buryo bumwe, uko twumva urukundo rw’Imana rushobora kuba rudaca rumwe ruteza ibihe by’imbogamizi, n’indwara z’umubiri cyangwa zo mu mutwe, mu bindi bintu. Muri ibyo bintu byose, umujyanama wizewe w’abayobozi cyangwa abahanga muri ibyo bintu bashobora kubyungukiramo. Dushobora kandi no kugerageza kuzamura uko tubona urukundo rw’Imana twibaza twe ubwacu, “ Urukundo rwanjye rw’Imana ruhoraho cyangwa mukunda iyo ndi mu minsi myiza, ariko atari cyane mu minsi mibi?”

Ukuri kwa kabiri ni ko dufite ababyeyi bo mu ijuru, umubyeyi w’umugabo n’umubyeyi w’umugore.7 Inyigisho za Mama wo mu Ijuru zizana n’ibyahihuwe kandi ni imyizerere itandukanye mu Bera mo mu minsi Yanyuma Umuyobozi Dallin H. Oaks asobanura akamaro kuku kuri: “tewolojiya Yacu itangirana n’ababyeyi bo mu ijuru. Icyiffuzo cyacu cyo hejuru ni ukuba nkabo.”8

Hari bicye byamaze byahishuwe kuri Mama wo mu ijuru, ariko ibyo tuzi biri muncamake mu inyandiko y’ikivugwaho y’inkuru nziza iboneka muri porogaramu y’isomero ry’inkuru nziza9 numara gusoma ibiri mo, uzamenya ibintu byose nzi kuri iyo ngingo. nifuza kuba nari kumenya byinshi. Nawe ushobora kuba ugifite ibibazo kandi unashaka kumenya ibisubizo birushijeho. Gushaka ubusobanuro burenzeho ni igice k’ingenzi mu mikurire yacu ya roho, ariko nyamuneka mugire ubwitonzi. Impamvu ntago zasimbura icyahishuwe

kubitekerezaho bishobora kugeza ku buriganya cyangwa kuyombywa ku ntumbero yacu yahishuwe.10 urugero, Umukiza yigishije intumwa ze, “Muge musenga buri gihe Data mu izina ryanjye.11 Dukurikiza icyitegererezo tukayobora n’uguhimbaza kwacu kuri Data wo mu Ijuru.12

Kuva Imana yagena abahanuzi, bahawe ububasha bwo kuvuga mu kigwi cyayo. Ariko ntibavuga inyigisho zihimbye “zo mu bwenge [bwabo]”13 cyangwa ngo bigishe ibitarahishurwa. Zirikana ijambo ry’isezerano rya cyera umuhanuzi Balamu, wahawe umugeni ngo avume abanya Isirayeli kugirango Mowabu abyungukiremo. Balama yaravuze, “Niyo umwami w’ [Abamowabu] yampa inzu ye yuzuye umuringa na zahabu, sinajya kurenga ijambo rya Nyagasani Imana yanjye, ngo nkore bicye cyangwa byinshi.”14 Abahanuzi bomu minsi ya Nyuma mu buryo bumwe barabuzwa. Gusaba Ibyahishuwe biva ku Mana ni uby’ubwirasi kandi ntanumunaro wabyo. Ahubwo, Dutegereza Nyagasani n’ingengabihe Ye ngo yerekane ukuri kwe biciye mubyo yashyizeho.15

Ukuri kwa gatatu mu gika gifungura cy’insanganyamatsiko y’ingimbi ni uko dufite “kamere y’Imana” Ibi ni bimwe mu bitugize by’umwimerere. Muri roho ni “ubwoko,” twarazwe kuva ku babyeyi bo mu ijuru16 Iki ni ikituranta cy’ingenzi, utitaye kuko duhitamo kwiranga ubwacu. Kumva ibi byimbitse ni ingenzi kuri buri wese ariko cyane cyane ku bantu bava mu matsinda yahejwe inyuma, yatsikamiwe, cyangwa yigaruriwe. Wibuke ko indangamutu yawe y’ingenzi ifitanye isano na kamere y’Imana yawe nk’umwana w’Imana.

Ukuri kwa kane ni uko dufite “iherezo ry’iteka ryose” Iryo herezo ntirizahatwa kuri twe. Nyuma y’uruphu, tuzabona ibyo twagenewe kandi “tunishimishe [gusa] ko [du] shaka kwakira,”16tubona iherezo ry’iteka ryose ryacu ko rishingiye ku mahitamo yacu. Kumenya ko iteka ryose rishingiye ku mahitamo yacu. Bisaba gukora kandi tunitwararirika ku igihango cyera. Iyi nzira y’gihango ishingiye ku kuri kuzuye kandi kwiteka, amategeko adahinduka. Ntidushobora kwicira inzira ngo twumve ko amasezerano y’Imana azasohoka. Kugirango dutegereze imigisha kandi ntagukurikiza amategeko y’iteka ryose nkuko yatanzwe18 biyobya, nko gutekereza ko dushobora gukora ku isafuriya ishyushye “ukanzura” ko utarashya.

Ushobora kuba uzi ko najyaga nita ku barwayi bafite ibibazo by’umutima. Umusaruro mwiza wabonekaga bakurikiza zashizweho, zifite gihamya, ingamba zo kwivuza. Turetse no kuba tuzi ibi, abarwayi bamwe bagerageje gusaba indi ngamba yo kwivuza. Baravuze, “sincaka gufata imiti myinshi ” cyangwa “sincaka guca mu masuzuma menshi akurikiranye.” Birumvikana, abarwayi bari bafite uburenganzira bwo gufata imyanzuro yabo, ariko barenga ku ngamba zo kwivuza nziza, umusaruro ntube mwiza. Abarwayi bafite ibibazo by’umutima ntibashobora guhitamo ibyabugufi ngo barengeho bashyire amakosa ku nzobere mu bijyanye n’indwara z’imitima.

No kuri twe ni kimwe. Data wo mu ijuru yandika inzira iyobora ku bisubizo byiza cyane by’iteka ryose. Turisanzuye mu guhitamo, ariko ntitwahitamo ingaruka zo kuba tutarakurikiye inzira yahishuwwe.19 Nyagasani yaravuze, “Uwishe itegeko, ntazarindwa n’itegeko ariko uhitamo amategeko akurikiza cyangwa adakurikiza, …ntazahanwa n’itegeko, haba ni mpuhwe, ubutabera, cyangwa n’urubanza.”20 Ntidushobora kuyoba mu nzira ya Data wo mu Ijuru ngo tumushyireho amakosa y’umusaruro mucye.

Igika cya kabiri niinsanganyamatsiko y’ingimbi basoma: “nk’intumwa ya Yesu Kristo, ndwanirira kuba nkawe. Nshaka nkanakora ibyo mpishuriwe nkanafasha abandi mu izina Ryev Dushobora kurambura ubuhamya bwa Yesu kristo dukorera mu kwizera.21 Dushobora gusaba impano ya rohovngo tumenye ko Yesu Kristo ari umwana w’Imana, kandi ko yabambwe ku bw’ibyaha by’isi.” Cyangwa tukabona impano yo kwizera amagambo yababizi,22 kugeza tubimenye twebwe kubwacu. Twakurikira inyigisho z’Umukiza tugafasha n’abandi kuza muri We. Muri ubu buryo, tumusanga mu kazi ke.23

Insanganyamatsiko y’ingimbi irakomeza, “Nzahagarara nk’umuhamya w’Imana mu bihe byose no mu bintu byose n’ahantu hose.” Abanyamuryango bose b’itorero barakenewe nk’abahamya b’Imana,24 nubwo Umuhanuzi n’abamirongo irindwi bashyizweho nk’abahamya badasanzwe b’izina rya Kristo.25 Tekereza umukino wa hoki aho umunyezamu arinda igitego. Ntabandi bakinyi bo mu ikipe, umunyezamu ntazashobora kurinda bihagije igitego n’ikipe izahora itsindwa. none rero, buri wese arakenewe muri ekipe ya Nyagasani.26

Igika cya nyuma k’insanganyamatsiko y’ingimbi itangira, “igihe ndwanirira ikuzo, nishimira impanoyo kwicuza ibyaha nkaharanira gukura buri munsi.” Kubera igitambo k’impongano y’Umukiza, dushoboraa kwicuza, tukigira mu makosa yacu, ntitubyamaganirwe. Umuyobozi Russell M. Nelson yigishije, “Abantu benshi batekereza ko kwihana ari nk’igihano. … Ariko ikiyumviro cyo guhanwa kizanwa na Satani. Agerageza kudufungiranan ntiturebe Yesu Kristo, uhagaze n’amaboko afunguye, yizeye kandi anashaka gukiza, kubabarira, guhanagura, guha imbaraga no kweza27

Iyo twicujije by’ukuri, na nkovu za muri roho zisigara, nibyo waba warakoze byose, bikomeye gute, cyangwa inshuro zose ukihana.28 Uko wakihana kenshi ariko usabana Imbabazi ugushaka nyako, dushobora kubabarirwa.29 Mbega impano ihebuje y’umukiza, Yesu Kristo!30 Roho Mutagatifu atwizeza ko twababariwe. Uko twumva umunezero n’amahoro,31 icyaha kirahanaguwe,32 ntitukiri kubabazwa nacyo.33

Na nyuma yo kwihana nyako, uko twatsitara kose. “Gutsitara” ntibivuze ko kwihana bitari bihagije ahubwo bigaragaza intege nke za muntu. Mbega guhumurizwa kumenya ko“Nyagasani [abona] intege nke bitandukanye nuko abona ukwivumbura.” Ntitugomba kutizera ubushobozi bw’Umukiza mu kudufasha mu ntege nke zacu kubera ko“Igihe Nyagasani avuga intege nke, bihora birikumwe n’imbabazi.”34

Insanganyamatsiko y’ingingimbi irimo,“Hamwe n’ukwizera, Nzakomeza mu rugo, umuryango wanjye, nkore kandi nanashyire mu ngiro ibihango byera, mfate imigenzo hamwe n’imigisha yo mu ngoro y’Imana yera.” Gukomeza urugo n’umuryango bivuga bishobora kuvuga kugarura ukwizera kwabizera ba mbere, no gokomeza karande yo kwizera, cyangwa ukugarurwa kwako.35 Uretse nibyo, imbaraga ziva mu kwizeramuri Yesu Kristo no mukukora ibihango byera.

Mu ngoro, twiga abo turi bo naho twari turi. Umufilozofe w’umuromani cicero yaravuze, “Kutagira ubumenyi bw’ibyabaye mbere yuko uvuka nugucirirwa ho iteka ”36 Nibyo rwose, yari ari kubihuza n’amateka y’isi ariko uku mirebere yo gushishoza ishobora kwagurwa. Tubaho nk’abana b’iteka nitudashaka kumenya icyerekezo iteka ryose twakura mu ngoro y’Imana. Aho dukurira muri Nyagasani, tukabona ubwuzure bwa Roho mutagatifu,37 tukarushaho kuba abigishwa b’umukiza.38 Uko dukomeza Ibihango byacu, twakira imbaraga z’Imana mu buzima bwacu.39

Mbatumiye ngo mushyire ubuzima bwanyu bukikizwe na Yesu Kristo kandi mwibuke ukuri k’umusingi ko mu insanganyamatsiko yo mu abangavu. Ni uba ushaka, roho mutagatifu arakuyobora. Data wacu wo mu Ijuru ashaka ko umubera Umuzungura ukakira ibyo afite byose.40 Ashobora kuguha byinshi kurushaho. Ashobora kugusezeranya byinshi kurushaho. Aragukunda kurusha uko utekereza kandi ashaka ko wishima muri ubu buzima no mu buzima buzaza, mu izina rya Yesu Kristo, amen. Mu izina rya Yesu Kristo, amena.

Aho byavuye

  1. See Bonnie H. Cordon, “Beloved Daughters,” Liahona, Nov. 2019, 67; “Young Women Theme,” ChurchofJesusChrist.org.

  2. See also “The Family: A Proclamation to the World,” ChurchofJesusChrist.org.

  3. See Romans 8:35, 38–39.

  4. See Galatians 5:22.

  5. Richard G. Scott, “To Acquire Spiritual Guidance,” Liahona, Nov. 2009, 8. The jalapeño is a medium-sized chile pepper pod of the species Capsicum annuum.

  6. See Mosiah 2:36.

  7. See Gospel Topics, “Heavenly Parents,” topics.ChurchofJesusChrist.org.

  8. Dallin H. Oaks, “Apostasy and Restoration,” Ensign, May 1995, 87; see also Doctrine and Covenants 131:1–4; 132:19. Women and men cannot be exalted without each other.

  9. See Gospel Topics, “Heavenly Parents.” Another resource providing information on this subject is the Gospel Topics essay “Mother in Heaven” (topics.ChurchofJesusChrist.org).

  10. Even sincere questions about partially revealed or unrevealed truths can lead us to look “beyond the mark” (Jacob 4:14). In particular, we need to rely “wholly upon the merits of him who is mighty to save” (2 Nephi 31:19), Jesus Christ. Suggesting the need for something more than what Jesus Christ offers effectively diminishes the scope and power of His infinite Atonement. In so doing we divert our attention from the ultimate “source [to which we should] look for a remission of [our] sins” (2 Nephi 25:26).

  11. 3 Nephi 18:19.

  12. See, for example, Russell M. Nelson, “Lessons from the Lord’s Prayers,” Liahona, May 2009, 47.

  13. Numbers 16:28.

  14. Numbers 22:18.

  15. See Doctrine and Covenants 28:2–7.

  16. See Gospel Topics, “Heavenly Parents.”

  17. Doctrine and Covenants 88:32.

  18. See Doctrine and Covenants 130:20–21.

  19. See 2 Nephi 2:5, 16, 26–27.

  20. Doctrine and Covenants 88:35.

  21. See Russell M. Nelson, “Christ Is Risen; Faith in Him Will Move Mountains,” Liahona, May 2021, 101–4.

  22. See Doctrine and Covenants 46:13–14.

  23. See General Handbook: Serving in The Church of Jesus Christ of Latter-day Saints, 4.1, ChurchofJesusChrist.org.

  24. See Mosiah 18:9.

  25. See Doctrine and Covenants 27:12; 107:23, 25; 124:138–39.

  26. No one needs to do everything, but everyone who is willing can do something. Moreover, God can make the willing able, but He cannot or will not make the able willing.

  27. Russell M. Nelson, “We Can Do Better and Be Better,” Liahona, May 2019, 67.

  28. Joseph Smith taught: “There is never a time when the spirit is too old to approach God. All are within the reach of pardoning mercy. … This doctrine appears glorious, inasmuch as it exhibits the greatness of divine compassion and benevolence in the extent of the plan of human salvation. This glorious truth is well calculated to enlarge the understanding, and to sustain the soul under troubles, difficulties and distress” (Teachings of Presidents of the Church: Joseph Smith [2007], 471). See also Boyd K. Packer, “The Plan of Happiness,” Liahona, May 2015, 28.

  29. See Mosiah 26:29–30; Moroni 6:8; Doctrine and Covenants 58:42–43.

  30. See Moroni 7:27–28. Remarkably, our Judge is also our Advocate.

  31. See Mosiah 4:3.

  32. See Enos 1:6.

  33. See Alma 36:19.

  34. Richard G. Scott, “Personal Strength through the Atonement of Jesus Christ,” Liahona, Nov. 2013, 83. Consciously planning a sin with the callous plan to repent afterwards, i.e., preplanned repentance, is repugnant to the Lord. Those who do so “crucify to themselves the Son of God afresh” (see Hebrews 6:4–6). This warning should be considered: “For if we sin wilfully after that we have received the knowledge of the truth, there remaineth no more sacrifice for sins, but a certain fearful looking for of judgment and fiery indignation” (Hebrews 10:26–27).

  35. See Isaiah 58:12–14.

  36. Marcus Tullius Cicero, Orator, trans. H. M. Hubbell, chapter 34, section 120; in Cicero (1971), 5:395.

  37. See Doctrine and Covenants 109:15.

  38. See Doctrine and Covenants 109:22.

  39. See Doctrine and Covenants 84:19–20.

  40. See Doctrine and Covenants 84:36–38.

Capa